Uwishe Mowzey Radio yahamwe n’icyaha ahabwa igihano
Kuri
uyu wa Kane Urukiko rwo muri Uganda rwakatiye Godfrey Wamala uzwi nka Troy igifungo
k’imyaka 14, nyuma y’uko rumuhamije ko ariwe wishe umuhanzi...
Pakistan: 70 bapfiriye muri Gari ya Moshi yafashwe n’umuriro ukomeye
Abantu bagera kuri 70 bishwe n’inkongi yibasiye gari ya moshi itewe na Gas, ubwo yari iri mu nzira iva mu mugi wa...
Ubushinwa: Ku myaka 67, umukecuru yibarutse umwana
Umukecuru w’imyaka 67 wo mu Bushinwa yibarutse Umwana bimugira umu mama ukuze kurusha abandi mu gihuhu atuyemo.
Uyu mwana...
Real Madrid yakoze imyitozo idafite zimwe mu nkingi zayo za mwamba
Mu
gihe ikipe ya Real Madrid ikomeje kwitegura umukino wa Shampiyona uzayihuza na
Leganes yakoze imyitozo idafite bamwe mu bakinnyi bayo barimo na Gareth...
Zimbabwe yamaganye ibihano America yafatiye Minisitiri Ncube
Guverinoma ya Zimbabwe
yamaganye icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo gufatira ibihano
Minisitiri w’umutekano, Owen Ncube, imushinja urugomo n’ibikorwa bibangamiye
uburenganzira bwa muntu....
Amapfa yatumye Zimbabwe igurisha ibyana by’inzovu 30
Zimbabwe yagurishije rwihishwa ibyana by’inzovu 30 ku
gihugu cy’Ubushinwa, mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya amapfa
yibasiye pariki nkuru y’igihugu ya Hwange.
Umugore wa Perezida w’Uburundi yasohoye indirimbo yamagana ihohoterwa rikorerwa abagore
Nkurunziza Denise, umugore wa Perezida w’Uburundi, Petero Nkurunziza, yasohoye indirimbo ye ya mbere itariyo kuramya Imana yise “Umukenyezi arengeye kuvyara gusa” Ibumbatiye...
Mu Rwanda ni muri ‘Paradizo’ – Impunzi zavuye muri Libya zicumbikiwe i Gashora
Impunzi 189 zavuye muri Libya ziri mu Nkambi y'agateganyo ya Gashora yubatse mu Karere ka Bugesera, ziri kwigishwa indimi zirimo n’ikinyarwanda kugira...
Putin yifurije isabukuru nziza Perezida Kagame
Mu ijambo Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya Vladimir Putin yagejeje ku bitabiriye inama yiga ku mikoranire y’iki gihugu n’Umugabane wa Africa, yaboneyeho yifatanya...
Kenya: kwambara ibikorewa mu gihugu hari aho byatangiye kuba itegeko
Guverinoma ya Kenya yategetse abakora mu nzego z’ubuyobozi ko ku munsi wa gatanu w’icyumweru bazajya Bambara imyambaro yakorewe...