Kirehe : Abanyerondo babiri bafashwe baka ruswa
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka
Kirehe mu murenge wa Gatore yafashe abakora irondo ry’umwuga babiri batse ruswa
y’ibihumbi 250 ariko bakaba babanje...
Malawi: Ubushyuhe bukabije bwaciye icyari umuco mu Nkiko
Urukiko rukuru rwo muri Malawi rwahagaritse
kwambara ingofero n’amakanzu ku banyamategeko n’abacamanza, biturutse ku bushyuhe
bukabije bwibasiye igihugu, bwazamutse cyane mu cumweru gishize.
Dore ibintu 5 wakora umukunzi wawe akarushaho kukubaha
Rimwe na
rimwe ujya wumva abagabo binubira abagore cyangwa abakunzi babo ko batabubaha
uko bikwiye cyangwa se batabagaragariza urukundo igihe bari kumwe.
Muri iki cyumweru hamaze gufatwa abantu barindwi bafite urumogi
Ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, mu bice binyuranye by'igihugu Polisi yafashe abantu barindwi bakwirakwizaga bakanagurisha ikiyobyabwenge cy'urumogi.
Iki igikorwa...
Gasabo: Kubufatanye n’abaturage Polisi yafashe 4 barimo uwitwazaga umuhoro agatega abagenzi akabambura
Police y'u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu bane bajyaga batega abaturage mu...
Dore ibintu abakundana bakwiye kubahiriza kugira ngo bubake umubano mwiza
Hari ibintu byinshi bikunda kuba imbarutso yo guhagarika umubano hagatiy’abakundanaga. Birashoboka ko waba warigeze wibaza impamvu umubano wawe utaramba kandi ibyo bikaba...
Amapfa yatumye Zimbabwe igurisha ibyana by’inzovu 30
Zimbabwe yagurishije rwihishwa ibyana by’inzovu 30 ku
gihugu cy’Ubushinwa, mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya amapfa
yibasiye pariki nkuru y’igihugu ya Hwange.
Polisi y’u Rwanda iramagana amakuru avuga ko irikwandika abashaka kuyinjiramo
Ubuyobozi bwa Polici y’igihugu cy’u Rwanda burasaba abanyarwanda kudaha agaciro no guhagarika ikwirakwizwa ry'amakuru yibumbiye mu itangazo riri...
Umukobwa arashaka gushyingiranwa n’indege mu kimbo cy’umugabo
Umukobwa w’imyaka 30, ukomoka mu Budage witwa Michel
Kobke avuga ko amaze imyaka itanu akundana n’indege yo mubwoko bwa Boing 737-800, ku buryo...
Kenya: Umupadiri warumaze iminsi 7 ashimuswe yagaragaye yapfuye
Umupadiri
w’umunya-Kenya yagaragaye yitabye Imana nyuma y’iminsi 7 ashimuswe.
Standard Digital ivuga
ko Padiri Michael Maingi Kyengo yashimuswe tariki ya...